Image

Akarere ka Kamonyi

  • Ahabanza
  • Akarere
  • Serivisi
  • Amakuru
  • Inyandiko
  • Newsletters
  • Kinyarwanda
    Kinyarwanda
  • Serivisi z'Irembo
Ikaze muri
Kamonyi

Imali

Serivisi fatizo zitangwa mu ishami ry'Imali ...
Read more →

Ubuhinzi & Ubworozi

Serivisi fatizo zitangwa mu ishami ry'ubuhinzi n'umutungo kamere...
Read more →

uburezi

Serivise fatizo zitangwa mu ishami ry'uburezi
Read more →

Ubuzima

Serivise zitangirwa k' Akarere mu ishami ry'ubuzima
Read more →

Menya byinshi

Kamonyi

Akarere Ka Kamonyi gaherereye mu Ntara y'Amajyepfo, gafite Imirenge 12, Utugari 59 n'Imidugudu 317, gafite abaturage 450,849, gafite ubuso bungana na kilometero kare 655,5, gahana imbibe n'Uturere dutanu: Muhanga, Ruhango, Nyarugenge, Gakenke na Bugesera. Akarere ka Kamonyi kandi kubatse mu Mudugudu wa Ryabitana, Akagari ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, Intara y'amajyepfo. Akarere ka Kamonyi gafite ibintu nyaburanga bitandukanye. Muri byo twavuga 'Ijuru rya Kamonyi, Ubu ni mu Murenge wa Gacurabwenge aho Umwami Yuhi II MAZIMPAKA yari atuye. Umuhungu we Cyirima Rujugira waje kujya gutura ku musozi wa Gaseke ubu ni mu Murenge wa Kayenzi. Hari n'ishyamba ahashyingurwaga abami i Muganza mu Murenge wa Karama.

Menya byinshi

12

Imirenge

59

Utugari

317

Imidugudu

450,849

Abaturage (2022)

655,5

Ubuso (Km2)

683

Ubucucike (Km2)

Amakuru

RUKOMA: HON. MUZANA ALICE YIBUKIJE ABATURAGE KO IKI ARICYO GIHE CYO KWISHYURA UBWISUNGANE MU KWIVUZA

Sunday, 31 May, 2026

Mu nama n’abaturage nyuma y’umuganda bo mu Kagari ka Gishyeshye, Hon. Depite Muzana Alice uri mu ruzinduko rw’akazi mu Karere, yibukije abaturage ko…

Read more →

HON. KALINIJABO BARTHELEMY YAVUZE KO AFURIKA IKWIYE GUHARANIRA KWIGIRA

Saturday, 30 May, 2026

Tariki ya 30 Gicurasi ubwo yaganiraga n’abaturage bamaze gukorana umuganda wo gusibura imirwanyasuri mu ishyamba riri kuri hegitari 40, Hon.…

Read more →

KU NSHURO YA 32, ABAKOZI B’AKARERE BIBUTSE ABAKOZI BAKORERAGA AMAKOMINI BAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994

Friday, 29 May, 2026

Tariki 29 Gicurasi 2026 ku cyicaro cy’Akarere i Gihinga mu Murenge wa Gacurabwenge, habereye igikorwa cyo kwibuka abahoze ari abakozi b’amakomini…

Read more →

Andi makuru

Dukurikirane

Hamagara kubuntu: 4057

info@kamonyi.gov.rw

Contact Us →

Staff Mail

Emboni

IPPIS

Privacy policy



© 2026 Repubulika y' u Rwanda