Mu nama n’abaturage nyuma y’umuganda bo mu Kagari ka Gishyeshye, Hon. Depite Muzana Alice uri mu ruzinduko rw’akazi mu Karere, yibukije abaturage ko…
yuma yuko ikiraro cya Matengu gihuza Imirenge ya Kayenzi na Rukoma cyangiritse, ubu hari kubakwa ikiraro gishya gihuza iyi Mirenge mu rwego rwo…
Ari kumwe n’itsinda ry’abakozi bo ku Karere ndetse no ku Murenge, Umuyobozi w'Akarere ka Kamonyi Dr.Nahayo Sylvere ku mugoroba wo kuwa 11 Gicurasi…
Bitewe n’uko muri iyi minsi hari kugaragara imyitwarire idahwitse mu banyeshuri, abarezi, ndetse n’ababyeyi bateshutse ku nshingano zabo;
hashingiwe ku…
Tariki 10 Kamena 2025, Itsinda Abakozi b’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima-(RBC-Rwanda Biomedical Centre), rigizwe na Mme Alice BAGWIRE, bwana…
Umunsi wose tariki 10 Kamena 2025, itsinda ry’Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo riyobowe na Guverineri w’Intara Mme KAYITESI Alice ari kumwe na :…
Itsinda ry’abadepite bagize PAC- ariyo komisiyo yo mu Nteko Ishinga Amategeko ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’ingengo y’imari ya Leta tariki ya 10…
Ku wa mbere tariki 09 Kamena 2025, mu Murenge wa Gacurabwenge bakiriye Hon. Senateri Ngarambe Telesphore waje kureba impamvu Akarere kacu kasubiye…
Mu rwego rw’ibikorwa by’ubwitange no gufasha umuryango nyarwanda kugira imibereho myiza, mu bushobozi butari bwinshi bwabo intore z’abanyeshuri zo mu…
Muri Ganza Motel ihererereye mu Kagari ka Nkingo mu Murenge wa Gacurabwenge habereye amahugurwa yatanzwe na Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA ) ku…