Mu nama n’abaturage nyuma y’umuganda bo mu Kagari ka Gishyeshye, Hon. Depite Muzana Alice uri mu ruzinduko rw’akazi mu Karere, yibukije abaturage ko…
Ku wa mbere tariki 08 Nzeri 2025, nibwo mu gihugu hose hatangiye umwaka w’amashuri wa 2025/2026. Ku rwego rw’Akarere umwaka w’amashuri watangirijwe mu…
Mu nama ngarukagihembwe ku ikemurwa ry’ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’Abaturage, Umuyobozi w’Akarere Dr. Nahayo Sylvere yibukije abayobozi…
Mu nama yabereye ku biro by’Akarere kuri uyu wa kane tariki 04 Nzeri, Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe Ubukungu bwana Niyongira Uzziel, yasabye…
Kuri uyu wa gatatu tariki 03 Nzeri 2025 mu cyumba cy’inama i Gihinga mu Murenge wa Gacurabwenge hateraniye inama y’uburezi yayobowe n’Umuyobozi…
Nyuma y’amatora yo ku rwego rw’Umudugudu, Akagari n’Umurenge, abana kuri uyu wa mbere bitoreye komite ibahagarariye ku rwego rw’Akarere. Ni amatora…
Mu Mudugudu wa Rubumba Akagari ka Ruyenzi, ku cyumweru tariki 31 Kanama 2025 hatashywe umuhanda wa kaburimbo wubatswe n’abaturage batuye mu Isibo…
Abagize Inama y’Igihugu y’Abagore mu Karere bavuga ko agaciro Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yabasubije batazagapfusha ubusa.…
Umuyobozi muri Polisi mu ishami rishinzwe imikoresheze y’umuhanda (traffic Police) Chief Supertendant Vicent Habintwari yasabye abamotari kwirinda…
Mu nama n’abaturage mu Mudugudu wa Nombe Akagari ka Nyagishubi mu Murenge wa Mugina, Senior Supertendant Fulgence FURAHA Umuyobozi wa Polisi mu Karere…