Mu nama n’abaturage nyuma y’umuganda bo mu Kagari ka Gishyeshye, Hon. Depite Muzana Alice uri mu ruzinduko rw’akazi mu Karere, yibukije abaturage ko…
Hifashishijwe SonoMobile, ku wa mbere tariki 21 Nyakanga hakozwe ubukangurambaga ku kwinjiza imisoro n'amahoro, igikorwa cyagizwemo uruhare ku…
Kuri Stade ya Ruyenzi mu Murenge wa Runda, mu gitondo cyo ku cyumweru habereye siporo rusange yahuje abaturage n'ubuyobozi. Ni siporo yibanze ku…
Nkuko byakozwe mu mwaka ushize uyu mwaka ubuyobozi bwiyemeje gushyira ingufu mu bikorwa by’isuku n’isuku kuko bazi neza ko isuko ari isoko y’ubuzima…
Tariki 15 Nyakanga 2025, ku biro bya AVSI mu Karere ka Kamonyi habereye inama yahuje abahagarariye amadini n'amatorero, abahagarariye abakorerabushake…
Nkuko n’ubundi ubwo bufatanye busanzweho kuva kera mu ngeri zitandukanye, ubuyobozi bw’Akarere bwashimangiye gukomeza uwo mubano ushingiye ku…
Tariki 15 Nyakanga 2025, abakozi b’Akarere bafite ubuhinzi mu nshingano, basuye Imirenge ya Rugalika na Mugina, mu rwego rwo gusuzuma aho igihembwe…
Tariki 15 Nyakanga 2025, ku bufatanye n’umushinga ASEF (African Students’ Education Fund) abanyeshuri utera inkunga biga mu mashuri yisumbuye bari…
Kuva tariki 11/07 kugeza tariki 14/ 07 harimo igikorwa cy'isuzuma ry’imihigo y’umwaka ushize w’ingengo y’imari wa 2024/2025, amatsinda agizwe…
Muri gare ya Bishenyi iherereye mu Kagari ka Muganza Umurenge wa Runda, habereye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo ibirori byo gusoza gahunda…