RUKOMA: HON. MUZANA ALICE YIBUKIJE ABATURAGE KO IKI ARICYO GIHE CYO KWISHYURA UBWISUNGANE MU KWIVUZA

Mu nama n’abaturage nyuma y’umuganda bo mu Kagari ka Gishyeshye, Hon. Depite Muzana Alice uri mu ruzinduko rw’akazi mu Karere, yibukije abaturage ko…

Read more →

ABAGIZE IHURIRO RY’UBUMWE N’UBUDAHERANWA BIYEMEJE KWIMAKAZA IMIBANIRE IZIRA AMAKEMWA

Mu nama y’Ihuriro ryo ku rwego rw’Akarere yahuje abagize iri Huriro, biyemeje gukomeza kuba umusingi w’imibanire myiza mu bantu kandi uwo muco…

Read more →

RFI YAKOZE UBUKANGURAMBAGA BWO GUSOBANURA SERIVISI BATANGA

None kuwa 17 Ukwakira 2025, Umuyobozi w’Akarere Dr. NAHAYO Sylvere yakiriye itsinda ry’abayobozi n’abakozi  ba RFI, aricyo Kigo cy’u Rwanda…

Read more →

MINISITIRI W’INGANDA YAGIRIYE URUZINDUKO RW’AKAZI MU MURENGE WA RUNDA

Minisitiri w'Inganda n'Ubucuruzi bwana Prudence SEBAHIZI uyu munsi tariki 16 Ukwakira yasuye Akarere ari kumwe n'Abayobozi mu kigo cya NIRDA na RICA…

Read more →

ABAHINZI BIBUKIJWE KO UBUTAKA BWOSE BUDAHINZE BUGOMBA GUHINGWA

Tariki 15 Ukwakira, itsinda riyobowe n'Umuyobozi w'Akarere Wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu Bwana NIYONGIRA Uzziel ari kumwe n'Umukozi…

Read more →

UBUYOBOZI BWIFATANYIJE N’ABATURAGE KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMUGORE WO MU MUCYARO

Tariki 15 Ukwakira 2025, hirya no hino mu Mirenge, abayobozi bifatanyije n’abaturage mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe Umugore wo mu Cyaro.…

Read more →

INZEGO ZITANDUKANYE ZAHUGUWE KU KWIMAKAZA UBURINGANIRE MU GUTEGURA INGENGO Y’IMARI

Ku bufatanye bw'Akarere n’Umuryango CLADHO uterwa Inkunga na GIZ, kuwa kabiri tariki 14 Ukwakira 2025, Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe ubukungu…

Read more →

ABATURAGE BIBUKIJWE KO ISUKU ARI ISOKO Y’UBUZIMA

Tariki 14 Ukwakira 2025, muri gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda niho Umuyobozi w'Akarere Dr. NAHAYO Sylvere yatangirije ku rwego rw’Akarere…

Read more →

ABANYESHURI BASABWE KUBUMBATIRA UBUMWE BWABO KUKO ARI WO MUSINGI W’IMIBANIRE MYIZA.

Mu biganiro bimaze iminsi bikorwa mu bigo by’amashuri byateguwe ku bufatanye na Minisiteri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu,…

Read more →

RUKOMA: HATANGIJWE UBUKANGURAMBAGA KU ISUKU N’ISUKURA

Kuwa Kabiri tariki 30 Nzeri, mu Murenge wa Rukoma hatangijwe ubukangurambaga bw'Isuku n'Isukura bufite insanganyamatsiko igira iti: TWIMAKAZE ISUKU…

Read more →