Mu nama n’abaturage nyuma y’umuganda bo mu Kagari ka Gishyeshye, Hon. Depite Muzana Alice uri mu ruzinduko rw’akazi mu Karere, yibukije abaturage ko…
Mu gitondo cyo kuwa 12 Ukuboza, ku biro by’Akarere habereye umuhango wo kwakira indahiro ya Mme MUKAKARISA Anatholie winjiye mu Nama Njyanama…
Ku biro by’Akarere habereye inama yayobowe n’Umuyobozi w’Ishami ry’imibereho myiza mu Karere Mme MUSABYEMARIYA Christine. Iyi nama yitabiriwe…
Ku biro by’Umurenge wa Rugalika tariki 29 Ugushyingo 2023 hateraniye inama y'umutekano iyi nama ikaba yanitabiriwe n’itsinda ry’abagize inama…
Mu Murenge wa RUKOMA ku Kigo Nderabuzima cya Rukoma niho Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe imibereho myiza Mme UWIRINGIRA Marie Josee yatangirije…
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi mu gihugu Prof. Omar MUNYANEZA yijeje ubuyobozi bw’Akarere imikoranire ya bugufi mu rwego rwo…
Mu Murenge wa Musambira mu Kagari ka Buhoro niho hatangirijwe ku rwego rw'igihugu icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa n'akarengane kuva 25/11 kugeza…
Ubwo kuwa gatandatu tariki 25 ugushyingo 2023 Minisitiri w’uburezi mu Rwanda bwana TWAGIRAYEZU Gaspard yifatanyaga n’ubuyobozi ndetse n’abaturage mu…
Tariki 24 Ugushyingo 2023, itsinda ry’abadepite mu nteko ishinga amategeko baharanira imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage (RPRPD) rigizwe na…
Ku gicamunsi cyo kuwa 23 Ugushyingo 2023 Umuyobozi w’Akarere Dr. NAHAYO Sylvere yayoboye ku cyicaro cy’Akarere inama y’umutekano yaguye y’Akarere.…