Mu nama n’abaturage nyuma y’umuganda bo mu Kagari ka Gishyeshye, Hon. Depite Muzana Alice uri mu ruzinduko rw’akazi mu Karere, yibukije abaturage ko…
Tariki 27 Ugushyingo abanyamahanga 5 bahawe ku mugaragaro ubwenegihugu bw’u Rwanda nyuma y’aho bujuje ibisabwa umunyamahanga no gusohoka mu igazeti ya…
Mu kwezi k’Ugushyingo inteko z’abaturage zarateranye buri wa kabiri ku gicamunsi kandi zarushijeho kuba umuyoboro w’ubusabane bw’ubuyobozi…
Tariki 19 Ugushyingo mu Tugari twose ubuyobozi bwagaragarije abaturage raporo y'ibyakozwe byari byatanzwe nk'ibyifuzo byajya mu igenamigambi umwaka…
Mu Kagari ka Nyarubuye Umurenge wa Rugalika kuwa mbere tariki 18 Ugushyingo 2024 habaye umuhango wo gutaha ku mugaragaro Ivuriro ry’ibanze (Health…
Ku biro by’Akarere mu Murenge wa Gacurabwenge, Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza Mme Uwiringira Marie Josee yayoboye inama yari…
Tariki 07 Ugushyingo 2024, ku biro by’Akarere habereye inama nyunguranabitekerezo yitabiriwe n’ Abakozi b'Akarere (abayobozi b’Imirenge, abakorera ku…
I Gihinga mu Murenge wa Gacurabwenga tariki 3 Ugushyingo habereye ku rwego rw’Akarere siporo rusange yaranzwe no kwiruka byoroheje (mchaka mchaka) no…
Tariki 03 Ugushyingo 2024, ku Ishuri rya ESB Kamonyi riherereye mu Murenge wa Gacurabwenge, Umuyobozi w'Akarere Dr NAHAYO Slyvere ari kumwe n'abandi…
Ubwo kuri 30 Ukwakira 2024 hasozwaga ukwezi kwahariwe kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa, Umuyobozi w’Akarere Dr. Nahayo Sylvere yasabye abaturage…