Mu Murenge wa Nyarubaka habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umushyitsi mukuru yari Umuyobozi w'Akarere ka…
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 25 Kanama 2021 yashyikirije Sumwiza Sylvain w’imyaka 75 n’umufasha we Ntabahweje Agnes w’imyaka 66 n’abana babo babiri…
Kuri uyu wa gatatu tariki 18 Kanama 2021, Imiryango 25 y’abaturage bo mu Murenge wa Rukoma batishoboye yahawe ubufasha butandukanye bugizwe n’ibyo…
Umuryango RICH arirwo rugaga rw'amadini n'amatorero mu kubungabunga ubuzima, urasaba ko ubufatanye bw'abafatanyabikorwa n'izindi nzego mu kurwanya…
Mu cyumba cy’inama cya ES Saint Bernadette giherereye mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 18 Gicurasi 2021 habereye…
Kuri uyu wa mbere, Imibiri 64 y'Abatutsi bishwe muri Jenoside mu Karere ka Kamonyi, yashyinguwe mu cyubahiro mu Murenge wa Mugina. Uyu muhango…
TUMENYE AHANTU UBU HEMEREWE GUTANGIRWA IBYANGOMBWA BYO KUBAKA (SITES) MURI KAMONYI HAFATWA NK’IGICE CY’UMUJYI:
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, buratangaza ko guca imihanda ahantu hagenewe guturwa ari ingenzi, kuko bituma hagira agaciro hakanafasha mu…
Kuri uyu wa gatanu tariki 19 Werurwe 2021 i Musambira habereye igikorwa cyo gutanga ubwasisi (restourne) ku bahinzi bakorana na koperative DUKUNDE…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Werurwe 2021, imiryango 30 y'abaturage batishoboye mu Murenge wa Kayumbu borojwe inka 1 kuri buri muryango, mu rwego…